Umunyamakuru akaba n’umwe mu bazwi cyane mu myidagaduro mu Rwanda, Murindahabi Iréné uzwi nka M. Iréné, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Nikuze Liliane, mu muhango wabereye mu Murenge wa Gishari, mu Karere ka Rwamagana, ku wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026.
